BWIZA

AMAKURU YO HIRYA NO HINO

Advertisement

Igiciro cya Lisansi cyageze ku 2,938 Frw

Igiciro cya Lisansi cyazamuwe kigera ku mafaranga y’u Rwanda 2,938 kuri litiro, aho byatangiye kubahirizwa kuva kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Mata saa kumi n’ebyiri za mugitondo.

Ikigo Genzuramikorere (RURA) ni ubwa kabiri gitangaje ibiciro kuva mu byumweru bibiri bishize, aho lisansi ivuye ku mafaranga 2,303 , ikaba yiyongereyeho amafaranga 635.

Icyakora, Mazutu yo yagumye ku mafaranga 2,205 y’icyo gihe. RURA isobanura ko kutazamura igiciro cya Mazout bigamije gufasha imodoka zitwara abagenzi gukomeza gukora ku kiguzi kitari hejuru cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *